Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Mu mwaka wa 2018, nibwo u Rwanda rwatangije gahunda nshya yo guteza imbere ibikorwa by’Ubukerarugendo no kureshya abashoramari mpuzamahanga gushora mu Rwanda. Inshingano zahawe ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), nacyo mu kubishyira mu bikorwa itangiza gahunda ikomeye yitwa “Visit Rwanda”
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ngoma bwatangaje ko bwihanganishije imiryango y'abantu icyenda bishwe n'inkuba, butangaza ko abantu 12 bagizweho ingaruka n'iryo sanganya.
Ibiro by'Umukuru w'Igihugu wa Nigeria, byahakanye amakuru avuga ko ifoto igaragaza Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, ari kumwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yafatiwe i Paris ibagaragaza basangira yaba yarakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano, AI
Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima,RBC, ku wa 2 Mutarama 2025, cyatangaje ko u Rwanda rwatangije urukingo rw'indwara y'umwijima rwo mu bwoko bwa B, izwi nka Hépatite B, ku bana bakivuka
Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuguruje imvugo ya Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga we, Bizimana Edouard, washinjaga Qatar kutambamira Amerika mu kugira icyo ikora ngo amahoro n'umutekano bigerweho mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Perezida wa Nigeria Asiwaju Bola Ahmed Adekunle Tinubu, kuri iki cyumweru tariki ya 4 Mutarama 2026, yatangaje ko yanejejwe no gusangira ifunguro rya saa sita na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Polisi ikorera mu Karere ka Musanze mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 4 Mutarama 2026, yarashe umwe mu bagerageje kuyirwanya
Umuvugizi wungirije wa M23, Dr. Oscar Balinda, yatangaje ko Ihuriro AFC/M23 ritarwana rigamije gufata ubutegetsi ahubwo ko baharanira amahoro no gutuma Abanye-Congo bahunze , bagaruka mu gihugu cyabo, ahishura ko intandaro y'umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo ari umutwe wa FDLR wahungiye muri icyo gihugu .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko umunyamakuru Emmanuel Ndahiro uzwi ku izina rya Taikun yafunguwe nyuma y’uko rukoze ubuhuza hagati y’ukekwa n’uwakorewe icyaha.