Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ritazongera gukora ikosa ryo kwemera ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) zisubira mu bice ryavuyemo, nk’uko byari byasabwe n’abategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro rwasinyanye na RDcongo ariko ko rutazihanganira ikizahungabanya amahoro n'umutekano by'Abanyarwanda.
Umwaka wa 2025 wahamirije u Rwanda ko rumaze kuba igicumbi cy’iterambere ndetse rukaba ahantu hibonwamo n'abaturutse impande zose z'Isi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Uwituze Solange yasabye abahinzi bashoje amahugurwa yo guhugura abandi ku mikorere inoze y'ubuhinzi, kubafasha gukora ubuhinzi mu buryo bugezweho hagamijwe kongera umusaruro n'inyungu bakuramo
Mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, abantu bane bitabye Imana hakekwa inzoga banywereye mu bukwe, bikekwa ko yari ihumanye, abandi bajyanwa mu bitaro .
Umujyi wa Kigali watangarije abaturage ahantu hazaturikirizwa ibishashi byo kwishimira umwaka mushya wa 2026.
Stella Rusine Nteziryayo yahererekanyije ububasha na Kampeta Pitchette Sayinzoga yasimbuye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Banki y'Amajyambere y'u Rwanda, BRD.
Abakirisitu, abepisikopi batandukanye n'abandi bo mu muryango wa Padiri Rwasa Chrysante bamusezeyeho bwa nyuma .
Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko, FFRP, Depite Uwizeye Marie Thérèse, yashimye ubuyobozi bw’Igihugu burangajwe imbere na Perezida Paul Kagame, ku bw’amahitamo bwakoze yo guteza imbere ihame ry’uburinganire no kuryinjiza muri politiki y’Igihugu