Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri w'Ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin, ku wa 27 Gashyntare 2026, yasuye Ibitaro bya Kaminuza bya Butare, CHUB , yerekwa serivisi zitandukanye zitangirwa muri ibi Bitaro .
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo gitegurwa n’Ishuri rya Green Hills Academy (GHA) cyiswe ‘Ikivi Rwanda Festival’ kigaruka ku mateka n’umuco Nyarwanda.
Kaminuza y’u Rwanda yatoranyijwe kuzafasha mu kubaka ubushobozi Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba  gakeneye kugira ngo kihaze mu bijyanye no gukora imiti n'inkingo.
APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare 2026
Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) yatangaje  ko iteganya kuvugurura imiburanishirizwe y'imanza z'abana hagamijwe ko babona ubutabera buboneye.
Ikipe ya Gasogi United yanganyije na Al Merreikh SC igitego 1-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League
Ubuyozi bw’ibitaro bya Munini bwatangaje ko mu rwego rwo gukomeza kunoza serivise zihatangirwa bigiye guhindurwa ibya Giririkare ndetse bikavanwa ku rwego rw’ibitaro bya Karere bigashyirwa ku rw’ibyigisha abaganga byo ku rwego rwa kabiri bizwi nka ‘Teaching Hospital level 2’.
Ubushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bwagaragaje ko hari icyuho mu bahanzi mu kubyaza amahirwe impano zabo kugirango zibinjirize ndetse n'igihugu muri rusange
Kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Gashyantare 2026, u Rwanda rwakiriye itsinda ry'Abanyarwanda 208 babaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bifuje gutaha ku bushake . Muri abo biganjemo abagore n'abana .
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, ryashimiye u Rwanda ku kazi gakomeye rwakoze mu ku burenganzira bw’abana mu nzego z’ubutabera zarwo.