Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Rayon Sports yatsinze City Boys yo mu cyiciro cya kabiri, ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa 1/8 mu Gikombe cy’Amahoro
Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko mu 2025 ibikorwa by’ubucuruzi biterwa inkunga n’iyi pariki byinjije agera kuri  555,242$ asaga miliyoni 800 Frw asaranganywa abagera ku 1200 bibumbiye mu makoperative atandukanye ayituriye.
Ikigo Gishinzwe Umutungo Kamere w'Amazi mu Rwanda (RWB) ku bufatanye na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, (AfDB), batangije umushinga uzatwara miliyoni icyenda z'amadolari, ugamije guhangana n'ibibazo by'imihindagurikire y'ikirere mu ntara y'Iburengerazuba.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n'abagize Ihuriro ry’Abacuruzi b’abanyaburayi (EBCR) , mu birori byo gutaha ku mugaragaro ambasade ya Denmark mu Rwanda .
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva ku wa 16 Gashyantare 2026, yakiriye Ambasaderi Belén Calvo Uyarra, uhagarariye Umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda.
Umuraperikazi mpuzamahanga, Doja Cat yemeje ko azataramira mu Rwanda ndetse na Afurika y’Epfo mu bitaramo byateguwe na Move Afrika muri Werurwe 2026.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje cyatangiye kubaka inyubako zigezweho zizajya zumishirizwamo umusaruro w’ibitunguru n’urusenda, mu rwego rwo kugabanya iyangirika ry’umusaruro wabyo mu gihe na nyuma biri gusarurwa.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, Abakirisitu Gatolika hirya no hino ku Isi bizihije Uwa Gatatu w’Ivu, umunsi utangiza ku mugaragaro igisibo cya Kiliziya Gatolika kimara iminsi 40