Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Abanye-Congo 526 biganjemo abana n'abagore, bahungiye mu Rwanda imirwano iri kubera mu bice bya Kamanyola no mu nkengero zaho.
Ambasaderi Parfait Busabizwa, Ku wa Kane tariki ya 4 Ukuboza 2025, yashyikirije Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Guinée Equatoriale, Simeon Oyono Esono Angue, Kopi z'impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya “Boda Boda”, ikubiyemo ubutumwa bureba abakundana uruzira uburyarya, anakebura abarurutisha ibintu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi butangaza ko bumaze kwakira abaturage bo muri Congo 199,bahunze imirwano.
Ubushinjacyaha bwasabiye Kalisa John uzwi nka K.John na Ishimwe Patrick wamenyekanye nka Pazzo Man,bombi bakurikiranyweho uruhare mu gukwirakwiza amashusho ya Yampano arimo kunoza amabanga y’urugo, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Imirwano ikomeye yumvikanamo ibisasu bikomeye yongeye kubyuka mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za Leta ya Congo, FARDC zifashijwe n'ingabo z'u Burundi
Ubushakashatsi bwasohotse mu 2024 bwerekanye ko 30% kugera kuri 35% by’abantu bakuru bagira ibibazo byo kubura ibitotsi.
Perezida Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abadepite n’Abasenateri bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku bufatanye hagati y'u Rwanda n'igihugu cyabo