Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida Kagame ari i Lomé

Shirley Botchwey wa Commonwealth asanga hari byinshi uyu Muryango ugiye kwigira ku Rwanda 

Mu Rwanda abana 35 bagiye kuvurwa indwara z’umutima n’abaganga baturutse muri Israel 

“Ni inzira ya Jenoside si inzira y’umusaraba,mujye mukoresha imvugo ikwiye”-Minisitiri Bizimana

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 yahuje abagize Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe Iterambere (AUDA-NEPAD).
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi.
Green Gicumbi, ni umwe mu mishinga minini u Rwanda rufite yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kubaka ubukungu butangiza ibidukikije, aho mu myaka itandatu ugiye kumara, watwaye miliyari zisaga 32 Frw
Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko Ishinzwe Imibereho y’Abaturage, yagaragaje ko igenzura ryakozwe ku bigo ngororamuco ryagaragaje ko mu mwaka wa 2024-2025, umubare w’abajyanywa muri ibi bigo wazamutse ku kigero cya 92%
Ishuri ryisumbuye rya Bumbogo ryatsinze amarushanwa ku Kinyarwanda, Umuco n'Umurage mu mashuri yisumbuye rifite amanota 90%, rikaba ariryo rizahagararira Umujyi wa Kigali muri aya marushanwa yitabirwa n'ibigo byo mu gihugu hose
Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'Icyiciro cya mbere y'u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Intebe y'Inteko y'umuco, Amb. Robert Masozera yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza yo gukoresha ururimi rw'Ikinyarwanda, yiswe 'Ikinyarwanda ku isonga' azaba aje gufasha Abanyarwanda by'umwihariko urubyiruko kwibona mu rurimi gakondo rwabo
U Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri mu kurwanya ruswa aho rwavuye ku wa 43 rwariho mu 2024 rukagera ku wa 41 n’amanota 58% avuye kuri 57% rwari rufite icyo gihe.
Umutwe wa AFC/M23 winjije mu gisirikare abandi basirikare bashya 7,532, nyuma yo gusoza amahugurwa n'imyitozo mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, kiri mu gace ka Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Igitaramo cy’urwenya cya Gen – Z Comedy Show, cyagarutse aho kuri iyi nshuro umuhanzi Makanyaga Abdul wamamaye mu ruhando rwa muzika nyarwanda yo ha mbere azasusurutsa abazitabira iki gitaramo.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka