Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yacanye umucyo mu mikino y’umunsi wa kabiri wa Shampiyona Nyafurika

Perezida Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu Karere bitakemurwa mu ijoro rimwe

Perezida Kagame agaragaza ko iterambere ry’ibihugu atari irushanwa, ari inyungu rusange

U Bubiligi bwigaramye umugambi wo gufasha u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda

Perezida Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abadepite n’Abasenateri bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku bufatanye hagati y'u Rwanda n'igihugu cyabo
Polisi y’u Rwanda yasabye abashoferi kubahiriza amabwiriza mashya ajyanye na gahunda nshya mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, izatuma nta modoka zihagarara umwanya munini zitegereje abagenzi.
Imirwano ikomeye yahuriyemo ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’ingabo z’u Burundi, yahitanye abantu batatu barimo abasivile
Visi Perezida w’Inama y’Igihugu y’Abafite ubumuga mu Rwanda (NCPD), Norbert Ugwaneza, yashimiye Leta y'u Rwanda idahwema guteza imbere imibereho myiza y'Abanyarwanda harimo n'abantu bafite ubumuga, nabo bakomeje urugamba rwo kwiteza imbere.
Perezida Kagame yageze i Washington, D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yitabiriye isinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index] bukorwa buri mwaka n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda , Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko ruswa nto itangwa igenda igabanyuka ariko amafaranga atangwa akiyongera aho ayatanzwe nka ruswa ngo umuntu abone serivisi yageze kuri miliyoni 29.5 Frw mu 2025 .
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gufata uduce dutandukanye muri teritwari za Uvira na Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo
Ubushakashatsi ku gipimo cya ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index] bukorwa buri mwaka n’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda , Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko ruswa nto yagabanutse aho igeze 14.6% ivuye kuri 18.50%.
DCG Jeanne Chantal Ujeneza,  yavuze ko ubufatanye bw’Umuryango w’Abibumbye na Polisi y’u Rwanda ari ingenzi mu gutuma u Rwanda ruza mu bihugu bya mbere ku Isi mu kohereza abapolisi n’ingabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro
Ingabo z’u Rwanda, RDF n’iza Tanzania, TPDF zahuriye mu Karere ka Ngoma, mu nama ya 14 y’Abayobozi b’Ingabo zikorera ku mipaka y’ibihugu byombi

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka