Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, Yvonne Makolo, avuga ko urwego rw’ubwikorezi bw’imizigo rwitabwaho cyane kandi rukomeje gutanga umusaruro bishimangirwa n'amasezerano u Rwanda rufitanye n’ibihugu birenga 100 yo gukoresha ikirere cyabyo.
U Rwanda rwifatanyije n'Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Sida, uba buri tariki ya 1 Ukuboza 2025
Sosiyeti ikora ubwikorezi bwo mu kirere ya RwandAir yatangiye ingendo zerekeza mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania, ndetse isubukura ingendo zerekeza mu mujyi wa Mombasa muri Kenya
Umuyobozi w’umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko batemera na gato igitekerezo cyo kwinjizwa cyangwa gusubizwa mu ngabo za FARDC kuko zitsindwa
Perezida w'Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC), Dr. Yao Allah-Kouamé, yashimangiye ko umwaka wa 2025 wabaye udasanzwe kuri Afurika kuko u Rwanda rwawakiriyemo Shampiyona y'Isi y'Amagare
Richard Nick Ngendahayo ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyyingo 2025, yakoze igitaramo cy'amateka muri BK Arena, nyuma y'imyaka myinsi ataba mu Rwanda .Ngendahayo utifashishije abahanzi
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika iharanira  Demukarasi ya Congo (RDC), hamwe na Perezida Donald Trump bazahurira i Washington tariki ya 4 Ukuboza 2025.
Hakizimana Innocent wamenyekanye nka Master Fire, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bitegura kurishinga, nyuma yo kurangiza kaminuza yize imyaka 18.
Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi mu nzego zitandukanye zirimo Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, wongerewe manda.
Umuryango Ushinzwe kurwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, watangije ku Umushinga wiswe ‘INTERA - Ijwi Ryange mu Iterambere Rirambye, witezweho uruhare mu gukemura bimwe mu bibazo abaturage baterwa n’imwe mu mishinga y’ibikorwaremezo idakorwa neza, bikabasiga mu manegeka.