Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, yashyize mu myanya abayobozi bashya muri Minisiteri ya Siporo .
APR FC yanganyije na AS Kigali igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’u Rwanda (Rwanda premier League)
Senateri Dusingizemungu Jean Pierre yagaragaje ko biteye impungenge kuba polisi idashobora gupima umunaniro mu bashoferi mu gihe uri mu biteza impanuka zo mu muhanda
Abapolisi bo ku rwego rwa ofisiye bari mu mahugurwa mu Kigo cya Polisi gitangirwamo amahugurwa yo kurwanya iterabwoba giherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera, bakoze urugendoshuri rugamije kubafasha guhuza amasomo bigira mu ishuri n'ibikorerwa mu kazi
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel yasabye urubyiruko rushaka akazi ko bitagarukira gusa ku kugahabwa, ahubwo bakwiye gukorana umurava bagatanga umusaruro bityo bikavamo n’utundi tuzi abandi
Ikipe ya Al Hilal SC yateye utwatsi ibihano yafatiwe n'Ishyirahamwe ry'umupira w'Amaguru muri Afurika, CAF, nyuma y’imvururu zabaye ku mukino batsinzemo ikipe ya MC Alger ibitego 2-1, wabereye muri Stade Amahoro
Umunyarwenya ukomoka muri Uganda, Hillary Okello yaraye atanze ibyishimo ku Banya-Kigali bari bitabiriye igitaramo cya Gen-Z Comedy gisoza ukwezi ku Ugushyingo
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yanenze abagitanga serivisi mbi mu nzego zitandukanye, asaba abanyarwanda kujya bagaragaza ikibazo mu gihe bahuye nacyo.
Perezida Kagame yavuze ko mu nsengero hagikorerwamo amanyanga arimo ubutekamutwe bugamije kwiba abakirisitu bityo izifunzwe zitagakwiye gufungurwa.
Perezida Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rugiye guhagarika gukorana na Arsenal binyuze muri Visit Rwanda, ntaho bihuriye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko hari ibyo batumvikanye mu mikoranire.