IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Imbuga nkoranyambaga zimaze guhindura cyane ubuzima bw’abatuye Isi, ntabwo bisaba kuba uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugirango umenye amakuru y’ibyamamare byaho
Umuhanzi Giribambe Joshua uzwi muri muzika nka Jowest, yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya ivuga urukundo yise “Mon Bebe”
Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’Ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa, itegerejwe kubera mu Mujyi wa Conakry muri Guinée, tariki ya 12-14 Ugushyingo 2025
Ikipe ya Gorilla FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 6 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025
Umuyobozi Mukuru wa INES Ruhengeri, Myr Harorimana Vincent, yavuze ko ubwinshi bw'abasoza amasomo muri iyi Kaminuza bujyana n'ireme ry'uburezi n'uburere bahavana
Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza ya East African Univertsity Rwanda (EAUR), Prof. Kabera Callixte, yasabye abasoje amasomo muri iyi kaminuza, kwiga kubyaza imbogamizi bahura nazo mo amahirwe yabateza imbere
Ubushakashatsi bushya ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda bugaragaza ko inkingi y'umutekano n'ituze bikomeje kuza ku isonga mu zindi nkingi zose z’imiyoborere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikibuga cy’indege cya Goma kidakwiye gufungurirwa i Paris mu Bufaransa, kuko ibibazo byatumye gifungwa atariho biri
Ndindabahizi Faustin wari umaze imyaka irenga 30 yihishe kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatawe muri yombi
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa,ryashwishurije igihugu cy’ubufaransa bwayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma