IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi bw’Ibanze, REB, cyatangiye gutanga mudasobwa ibihumbi 15 ku bigo by'amashuri 483
Umukuru w'Igihugu Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda gusigasira indangagaciro z'umuco Nyarwanda, hibandwa ku kunoza imivugire n'imikoreshereze y'ururimi rw'Ikinyarwanda
Abanye-congo baba mu Rwanda batangaje ko bashenguwe n’amagambo y'urwango aherutse gutangazwa n’umuvugizi w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen. Maj. Sylvain Ekenge, atesha agaciro abagore bo mu bwoko bw'Abatutsi bakomoka muri icyo gihugu
Minisiteri y' Ubuhinzi n'Ubworozi, yatangaje ko umusaruro w’amafi avuye mu bworozi bwo mu mazi n'uburobyi wageze kuri toni 52.439 mu mwaka wa 2025 uvuye ku zirenga 48.133 mu 2024.
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, ryakiriye inyandiko zikubiyemo ubutumwa bwamagana imvugo z'urwango n'ivangura Abanye-congo bavuga ururimi rw'Ikinyarwanda bakomeje gukorerwa n'ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, DRC.
Abashoramari bo muri Hong Kong , bibumbiye muri Sosiyete Hong Kong Chuangzhi Group, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama 2026, bagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi hamwe na Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa, James Kimonyo .
Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yihanganishije imiryango y'abuze ababo bakubiswe n'inkuba mu Murenge wa Jarama, mu karere ka Ngoma, yizeza abaturage ko bagiye gushyira imirindankuba ahantu hahurira abantu benshi.
Tariki ya 7 Mutarama 2026 yinjiye mu mateka ya Kiliziya y’u Rwanda nk’umwe mu minsi idasanzwe, kuko ariyo yatangirijweho ibikorwa byo kubaka Ingoro y’Ubwiyunge, izaba iherereye ku Ibanga ry'Amahoro
Urukiko rwa Nyarugenge rwemeje ko urubanza rurebana n’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Arnaud Shema, wamenyekanye nka DJ Toxxyk, rusubikwa, nyuma y’uko uregwa agaragaje ko atiteguye kuburana
Impunzi z’Abanye-Congo zituye mu mujyi wa Kigali zazindukiye mu rugendo rw'amahoro rwabereye kuri za Ambasade zikorera mu Rwanda, mu rugendo rugamije kwamagana ubwicanyi n'imvugo z'urwango biri mu Burasirazuba bwa Congo