IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umuryango w'Igikomangoma,  Speciosa Bideri Mukabayojo watangaje ko uyu mubyeyi azashyingurwa mu Rwanda ku wa 29 Ugushyingo 2025 aho kuba muri Kenya amaze igihe atuye.
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko Leta iri gushyira imbaraga mu kunoza uburyo sisiteme zitangirwaho serivisi za Leta zikorera kuri Irembo, hagamijwe kurushaho korohereza Abaturarwanda kubona serivisi batavuye aho bari.
kipe ya Bugesera Fc yandikiye Urwego rureberera Shampiyona (Rwanda Premier League -RPL),irumenyesha ko ititeguye gukina n'ikipe ya Al Hilal kuko yabimenyeshejwe itinze.
muhanzi akaba n’utunganya indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye kwikubita agashyi nyuma yaho benshi mu bakunzi b’umuziki we bakomeje kumushinja intege nke ndetse n’ubunebwe iyo agiye ku rubyiniro.
Mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Gihango, umwarimu yatawe muri yombi akurikiranyweho kwiba ibikoresho bitandukanye birimo n’amasahani y’abanyeshuri.
Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru w’Abafite Ubumuga (Rwanda Amputee Football Association – RAFA) ryatangaje ko ku bufatanye na Minisiteri ya Siporo n'Akarere ka Gatsibo, basuye ndetse bagenera ibikoresho Nizeyimana Théoneste, umwana ufite ubumuga bw’ingingo wagaragaje impano yo gukina umupira w’amaguru.
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gusaba serivisi za Leta binyuze ku Irembo bwahinduye uburyo igihugu kizajya gitangamo serivisi.
Minisitiri w'Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yagaragaje ko hakenewe amafaranga angana na miliyoni 300$ kugira ngo umuyoboro wa internet ugezwe mu bice byose by’igihugu
Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'Umunyarwanda , Hakim Sahabo umaze igihe yirengagizwa yaciye amarenga yuko akumbuye gukinira Amavubi.
Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) yatangije ku mugaragaro ikoranabuhanga rishya rya e-IDSR (Electronic Integrated Disease Surveillance and Response), rigamije kunoza uburyo igihugu gikurikirana kandi kigatanga amakuru ajyanye n’indwara z’ibyorezo.