IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Amakipe atatu yo muri Sudani y'Epfo yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, asaba kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko mu myaka ibiri gusa Abanyarwanda bakoresha murandasi ya 4G bazamutse bavuye kuri kimwe cya kabiri cya miliyoni bakagera kuri miliyoni 5
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko ikoranabuhanga rifite ubushobozi bwo guhuza abantu no guteza imbere abatuye icyaro, by’umwihariko irya Telefoni
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango, Uwimana Consolée , yasabye abahugurwa kuzahugura abandi ku kwimakaza ihame ry'uburinganire hagati y'umugabo n'umugore, hagamijwe kubaka umuryango ushoboye kandi utekanye , guhangana n’ikibazo cy’amakimbirane ari mu miryango.
Leta y’u Rwanda yakiriye Abanyarwanda 277 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biganjemo umubare munini w’abagore n’abana bavukiye mu buhungiro.
U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ya Gatandatu y’Ubuhinzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka, (6th World Congress on Agroforestry 2025 – #WCA2025.
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y'igihugu, rwafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda , yavuze ko nubwo hirya no hino muri Afurika hakigaragara ikibazo cy’umutekano mucye, Afurika ariyo ifite gufata inshingano mu gucyemura ibyo bibazo.
Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa 20 Ukwakira 2025 rwaburanishije urubanza rwajuririwe n’uwahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ishinzwe gucunga ibiza,MIDIMAR,ubu yabaye Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Antoine Ruvebana, uregwa icyaha cyo gusambanya umwana, akaza guhanishwa  igihano cy’igifungo cy’imyaka 10.
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul, yavuze ko nyuma yo gufungurwa mu igororero rya Kigali, yasanze ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rikataje ndetse anakomoza ku byo gukubitirwa mu igororero rya Kigali no kuba yaravuze Mutesi Jolly