IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasabye abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye kugira umuhigo wo gushyira imbaraga muri siporo no kuzamura impano zabo, kuko ari byo bizabagira 'Abatsinzi'
Nziko amaherezo tuzabonana nkaguhoberana ibyishimo, wari umukiranutsi nzagukurikiza, nzagusanga aheza iyo mwijuru".
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha,RIB, rufatanyije na Polisi mpuzamahanga,INTERPOL na JICA rwatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi inzego zitandukanye mu kurwanya ibyaha bikorwa mu rwego rw'Imari.
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB ku bufatanye na Polisi y'u Rwanda beretse itangazamakuru abantu 72 batawe muri yombi bakekwaho ibyaha bifitanye isano no gukora no gucuruza ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge.
Ku munsi w’ejo tariki ya 19 Ukwakira 2025, nibwo Perezida wa Sénégal , Bassirou Diomaye Faye , yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda.
Abantu batatu bari mu bucukuzi butemewe bw'amabuye y'agaciro bagwiriwe n'ikirombe muri Kagano mu Murenge wa Mukura, bahita bahasiga ubuzima
Ubuyobozi bwa Somalie, bwemeje itabwa muri yombi  rya Jama Abdi Mohamud, wahoze ari umuganga, aregwa ibyaha byo gufta ku ngufu umugore wo muri Qardho, Puntland,  no gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni, afatiwe mu Rwanda .
Abahanzi bo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas, batanze ibyishimo bisendereye mu gitaramo bakoreye muri Canada
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’umunyabigwi Francis Ngannou, na Mauricio Sulaimán uhagarariye Ihuriro ry’Imikino y’Iteramakofe ku Isi (WBC), Mauricio Sulaimán, bitabiriye imikino y’irushanwa rya PFL Africa yabereye muri BK Arena.