IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu Rwanda mu ruzinduko rw'iminsi itatu, yitabiriye ibiganiro bigamije kugaragaza amahirwe ibihugu byombi byakoranamo mu kwagura ishoramari, ubuhahirane no kubyaza umusaruro ubucuruzi n'ubukerarugendo bifitanye isano na siporo.
Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ziri mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru i Washington muri leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete basezeranye kubana akaramata .
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yakiriye umuhanzi Mugisha Benjamin, uzwi mu buhanzi nka The Ben, bagirana ibiganiro.
Umuyobozi ushinzwe imikoranire ya gisirikare n'abasivile mu Ngabo z’u Rwanda, Colonel Désiré Migambi Mungamba, yagaragaje ko indangagaciro zisanzwe mu ngabo z’u Rwanda, zafashije RPA kubohora igihugu no guhagarika Jenoside.
Muri iki gitondo, Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Diakhar Faye, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, yunamira inzirakarengane ziharuhukiye.
Umuhanzi Bien Aime  uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi mu ndirimbo nka Too Easy, All my enemies are suffering, Safari, Life style n’izindi zinyuranye , yateguje ibidasanzwe mu gitaramo  kizaba cya ‘Friends of Amstel’ kizabera muri ‘Zaria Court’ ku munsi w’ejo  18 Ukwakira 2025.