IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

‘Bisi ni nziza, ariko ikibazo dutuye nabi’ – Gahunda ya tuyoboke bisi mu mboni za Hakuzwumuremyi

Umushinga wa Sahara Residence mu nzira yo gutuza abanyakigali mu igorofa

APR FC yanyagiye Mukura Victory Sports, iteguza umukeba kurya ari menge

Minisitiri Bizimana yagaragaje ko Gikongoro iza imbere mu harimbuwe imiryango myinshi muri Jenoside

Irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda, riri mu bikorwa binini uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rwagize .
Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi (MINAGRI), yatangaje ko kugeza ubu Abanyarwanda bihagije ku biribwa ku kigero cya 83%.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo ikoreshwa ry’inyandiko mpeshabubasha (Procuration/Power of Attorney) mu mitangire ya serivisi z’ubutaka, mu rwego rwo kunoza imitangire ya serivisi no gukumira ibikorwa by’uburiganya.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Kenya bari mu bihe by’akababaro k’itabaruka rya Raila Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu.
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka ushize.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,ku wa 15 Ukwakira 2025, yakiriye Ambasaderi w'u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin , bagirana ibiganiro.
Mu karere ka Kamonyi, mu muhanda w'amabuye Kamonyi -Runda -Ruyenzi habereye impanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa Howo , igonga abantu barenga 10.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A. Cham, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama (RDF CSC) riri mu Karere ka Musanze,agaragaza ko Ubufatanye bw'Ingabo bwafasha Afurika kwigira no kwihesha agaciro.
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, arateganya gutaramira abakunzi b’umuziki we i Kigali ku wa 5 Ukuboza 2025, mu gitaramo kizabera muri BK Arena.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka