IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Abahinzi bagera kuri 89.9% bakoze ibikorwa byo kurwanya isuri mu mirima yabo, aho biyongereye ku kigero cya 0.8%mu gihe abakoresheje ifumbire y’imborera biyongereye ku kigero cya 6.9% ugereranyije n’igihembwe nk'iki umwaka ushize.
Abakinnyi, abatoza ndetse n'abayobozi ba Rayon Sports basuye umuganga w’iyi kipe, Dr. Mugemana Charles, urwariye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK
Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko muri iki gihe Isi ihanganye n’ibibazo by’intambara biri hirya no hino, uruhare n’ubufatanye bw’ingabo zirwanira ku butaka ari ingenzi.
Komisiyo Ishinzwe Imisifurire mu Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), yahagaritse abasifuzi batatu aribo Ishimwe Claude uzwi nka Cucuri, Mugabo Eric na Habumugisha Emmanuel kubera amakosa bakoze mu mikino baheruka gusifura.
Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Gloria Bugie, ari mu byishimo bikomeye aho yamaze kwibikaho imdoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Bluetec, igura miliyoni 100 z'amashilingi ya Uganda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), cyamenyesheje abantu bose by’umwihariko  aborozi  bo mu karere ka Rubavu ko hagaragaye indwara y’uburenge mu Mirenge ya Kanama,Nyakiriba na Kanzenze.
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu