IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Imishinga y’urubyiruko 10 yahize iyindi mu irushanwa rya ‘Imali Agribusiness Challenge’, rwahawe miliyoni 10 Frw buri umwe, nk’inkunga yo gutangiza no guteza imbere imishinga yabo y’ubuhinzi n’ubworozi
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasabye ba ofisiye baranije amasomo ajyanye n'imiyoborere y'ingabo n'izindi nshingano zo mu biro ,Junior Command and Staff Course, kubyaza umusaruro amasomo bahawe , bahanira kugira igisirikare gikomeye kandi kigendera ku kuri.
Amb. Urujeni Bakuramutsa, yashyikirije Perezida w’u Busuwisi, Karin Keller-Sutter, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 24 Ukwakira 2025, Polisi y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gukangurira abakoresha umuhanda  gufatanya mu mutekano wabo kugirango hirindwe impanuka.Igikorwa cyo gutangiza ubu bukangurambaga cyabereye muri Gare ya Nyabugogo ahakunze guteranira imbaga y’urujya n’uruza rwa bantu bava cyangwa baza mu Mujyi wa Kigali.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye Abasenateri bashya kuzuza neza inshingano zabo no guhangana n’ibibazo bitandukanye igihugu gihura na byo.
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, yasabye Abasenateri batangiye manda ya kabiri n'abinjiye bashya muri Sena, gukora neza bagamije gutanga ibisubizo ku bibazo Abanyarwanda bafite
Urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwanze ubujurire bwa Sosthène Munyemana, rutegeka ko akomeza gufungwa imyaka 24 yari yarakatiwe mu 2023, nyuma yo kumuhamya uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.