IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Clarisse Karasira yavuze imyato umugabo we wasoje ‘Masters’ ya Kabiri

‘Bisi ni nziza, ariko ikibazo dutuye nabi’ – Gahunda ya tuyoboke bisi mu mboni za Hakuzwumuremyi

Umushinga wa Sahara Residence mu nzira yo gutuza abanyakigali mu igorofa

APR FC yanyagiye Mukura Victory Sports, iteguza umukeba kurya ari menge

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Ubufaransa , Gen. Pierre Schill, n’abandi bari kumwe, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherere ku Gisozi, mu karere ka Gasabo,bunamira inzirakarengane ziharuhukiye .
Mu Karere ka Huye, hatashywe Ikigo cy’Urubyiruko cyiswe 'Inzozi Youth Center', kizajya gikoreshwa nk'ahantu ho kwigira ubumenyi bushya no gukorera imishinga ibyara inyungu
Perezida Paul Kagame yashimiye abantu bose bamwifurije isabukuru nziza kuri uyu wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, ubwo yuzuzaga imyaka 68 y’amavuko.
Ikipe y'Igihugu cy'u Rwanda 'Amavubi', imaze imyaka isaga 38 yereka Abanyarwanda umupira uryoshye. Muri iyi myaka itari mike, Amavubi yanyuzemo abakinnyi benshi batandukanye
Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabyukiye mu mirwano n’abarwanyi ba Wazalendo, barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda,Amb Olivier Nduhungirehe, ari kumwe na Minisitiri w’Ingabo,Marizamunda Juvenal, bakiriye ntumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ,EU mu karere k’ibiyaga bigari, Amb. Johan Borgstam.
Itsinda ryaturutse mu Bwami bwa Eswatini riyobowe n'Umuyobozi Mukuru w’Inama ishinzwe Umutekano wo mu Muhanda muri icyo gihugu, Gideon Mhlongo, ryasuye icyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda giherereye ku Kacyiru
Minisitiri w'Uburezi, Dr Joseph Nsengimana, yagaragaje uburyo Ubwenge Buhangano, Artificial Intelligence, bwifashishwa mu kuzamura ireme ry'uburezi mu Rwanda by'umwihariko nko mu mashuri akigaragaramo ubucucike

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka