Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida Kagame agaragaza ko iterambere ry’ibihugu atari irushanwa, ari inyungu rusange

U Bubiligi bwigaramye umugambi wo gufasha u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda

Amateka aranditswe! Rwanda Premier League yasinyiye akayabo

Nduhungirehe yasabye urubyiruko kurinda Igihugu abashaka kugisubiza mu icuraburindi

Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali Bwandikiye amakipe atatu usanzwe utera inkunga ubasaba ko bitarenze tariki ya 30 werurwe azaba yamaze kwihuza, akabyara ikipe imwe.Ayo makipe ni AS Kigali, Kiyovu Sports ndetse na Gasogi United yose akina shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda.
Al Hilal SC yo muri Sudan ikina Shampiyona y'u Rwanda 2025/26, yanganyije na RS Berkane igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/4 cya CAF Champions League wabereye muri Maroc mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 14 Werurwe 2026.
Ruhumuriza James wamamaye nka King James mu muziki Nyarwanda, yemeje bidasubirwaho ko agiye gukorera igitaramo cy'imbaturamugabo muri BK Arena.
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo igitaramo cy'amateka gitegerejwe n'abatari bake mu Rwanda ndetse no bihugu bituranye narwo kibe. Iki ni igitaramo cya Move Africa cyatumiwemo umuraperi Doja Cat ugiye gutaramira bwa mbere ku Mugabane wa Afurika
Isabukuru Nziza ku mukobwa ubitse Umutima wanjye! Prosper Nkomezi yateye imitoma umukunzi we ku munsi w'isabukuru ye y'amavuko
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko rworoheje uburyo abaturarwanda n’imiryango y’abagororwa bashobora kuboherereza amafaranga, hagamijwe kunoza serivisi zo mu magororero
Iradukunda Jean Bertrand wakanyujijeho muri ruhago y’u Rwanda n'umugore we Lydia Gagné ukomoka muri Canada bari mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo.
Ishimwe Clement washinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music ndetse akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi, yashyize hanze indirimbo Bella, ikaba ari yo ya mbere asohoye kuri Album ye ya mbere yise" Legacy" ateganya gushyira hanze vuba.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, NAEB, cyatangaje ko mu gihe cy'imyaka itanu, kuva mu 2020 kugeza mu 2025, u Rwanda rwohereje mu mahanga imboga n’imbuto zingana na toni 328.9, zinjiriza Igihugu arenga Miliyari 385.5 Frw

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka