Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyeretse intumwa z’ Ikigega Mpuzamahanga Gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) aho igeze ishyira mu bikorwa umushinga ugamije gufasha abahinzi bato b’ibihingwa byoherezwa mu mahanga, PSAC.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi  yishimiye  guhura na Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel Gatera James aho yaboneyeho gutangaza ko bagiranye ibiganiro byiza.
Umunya Esipanye Martí Soriano Pau ukinira Never Say Never (NSN) Development Team ni we wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2026, kakinwe ku ntera y'ibilometero 134,6 kuva mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, kugera mu Karere ka Huye.
Diyosezi Gatlolika ya Butare yatangaje ko Padiri Prof. Faustin Rutembesa yitabye Imana ku cyumweru tairki ya 22 Gashyantare 2026, azize uburwayi
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, yatangaje ko Polisi yamaze kumenya aho umugore wagaragaye mu mashusho akubita umugabo we inshyi aherereye, akaba agiye gukurikiranwa.
Umuyobozi w'Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard , yavuze ko bishimiye kuba muri aka karere, hanyuze agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda zitabiriye iyi nama iri kubera Palais des Nations i Genève, aho ari kumwe na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Hon Dr Emmanuel Ugirashebuja.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyo ubutegetsi bwa Congo bukomeje kuvuga ku mutwe wa FDLR ari ibinyoma kandi bigomba kugira aho bigarukira.
Abaturage bo mu Karere ka Kayonza,Umurenge wa Nyamirama, Akagari ka Rurambi Umudugudu w’Ubwiza barishimira ko ubu batagikora urugendo rurerure bajya gushaka amazi ndetse ko ubu batagirwaza indwara z'inzoka kuko bahawe ivomo rya kijyambere.