Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Pariki y’Akagera yatangaje ko mu mwaka wa 2025, hafashwe abantu 135 bakekwaho ubujura bw’inyamaswa barimo abafatiwe imbere muri Pariki ndetse no hanze yayo.
Rwiyemezamirimo ukiri muto akaba n’umwe mu bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ngabo Karegeya yishimiye gusurwa na Ministiri wa Siporo Madamu Nelly Mukazayire mu cyanya cyahariwe ubukerarugendo bushingiye ku muco ahazwi nko ku Ibere rya Bigogwe.
Abakurikira ibiganiro by’imikino ku ma radiyo bakomeje kwinubira imyitwarire idahwitse imaze iminsi iranga bamwe mu banyamakuru bakora muri iki gisate, aho bavuga ko nta bunyamwuga burimo ndetse bibambika urubwa
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Jimmy Gasore, yashimangiye ko guhuza ibice by’icyaro n’imijyi bitagarukira ku kubaka imihanda gusa, ahubwo ari inzira yo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage
Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere (RwandAir) yatangaje  ko yagizweho n'ingaruka n'imyigaragambyo y'abakozi yabereye ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Jomo Kenyatta (JAKIA).
Abanyarwanda 18 bari bamaze imyaka myinshi muri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Gashyantare 2026, bakiriwe n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi ubwo bari batahutse.
Imyaka ibaye uruhererekane abantu bakoresha ururimi rw’Ikinyarwanda cyane cyane abo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’Abatutsi bahererye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batabaza ku bw’ibikorwa by’ubwicanyi bw’indengakamere bakorerwa ariko ijwi ryabo ntirirenge umutaru.
Urukiko Rukuru rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Turahirwa Moses uzwi nka 'Moshions' waburanaga ubujurire bw'igihano cy'igifungo cy'umwaka umwe yakatiwe ashinjwa gukoresha ibiyobyabwenge
Mu mwaka w’i 2010, abakunda umuziki wo mu Rwanda no mu Burundi bumvise bwa mbere kuri Radio ndetse abacye bari bafite Televiziyo babona indirimbo ikoze mu rurimi rw'Igiswahili ihuriyemo abanyabigwi mu muziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba aribo Intore Massamba wo mu Rwanda na Kidum Kibido wo mu Burundi