IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ikigo Gishinzwe Umutungo Kamere w'Amazi mu Rwanda (RWB) ku bufatanye na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, (AfDB), batangije umushinga uzatwara miliyoni icyenda z'amadolari, ugamije guhangana n'ibibazo by'imihindagurikire y'ikirere mu ntara y'Iburengerazuba.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n'abagize Ihuriro ry’Abacuruzi b’abanyaburayi (EBCR) , mu birori byo gutaha ku mugaragaro ambasade ya Denmark mu Rwanda .
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva ku wa 16 Gashyantare 2026, yakiriye Ambasaderi Belén Calvo Uyarra, uhagarariye Umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda.
Umuraperikazi mpuzamahanga, Doja Cat yemeje ko azataramira mu Rwanda ndetse na Afurika y’Epfo mu bitaramo byateguwe na Move Afrika muri Werurwe 2026.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje cyatangiye kubaka inyubako zigezweho zizajya zumishirizwamo umusaruro w’ibitunguru n’urusenda, mu rwego rwo kugabanya iyangirika ry’umusaruro wabyo mu gihe na nyuma biri gusarurwa.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, Abakirisitu Gatolika hirya no hino ku Isi bizihije Uwa Gatatu w’Ivu, umunsi utangiza ku mugaragaro igisibo cya Kiliziya Gatolika kimara iminsi 40
U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire y’imyaka itatu n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu Bwenge Buhangano cya Anthropic PBC, hagamijwe guteza imbere ikoreshwa rya AI mu nzego zirimo uburezi, ubuzima n’imiyoborere ya Leta
Umuyobozi w'Ingabo za Loni ziri mu butumwa bw'amahoro mu Karere ka Juba, muri Sudani y'Epfo, Brig.Gen. Mohammad Iqbal Hossain, yashimiye abasirikare b’u Rwanda ubunyamwuga, imyitwarire myiza n’ubwitange bibaranga
Ikipe ya APR FC yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, mu mukino ubanza wa 1/8 cy'Igikombe cy'Amahoro Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Gashyantare 2026
Umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umukino wo gusiganwa ku Magare, FERWACY, Samson Ndayishimiye, yavuze ko kuri iyi nshuro irushanwa rya Tour du Rwanda rizahuzwa n'imyidagaduro aho kuba siporo gusa, mu rwego rwo kurushaho kuryohereza Abanyarwanda