Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Nyuma y'umwaka urenga ikibuga cy'Indege cya Goma gifunze, kuri uyu wa Kane, Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ryahaye uburenganzira indege y'Intumwa idasanzwe ya Monusco, Vivian van de Perre, ugiye gukurikirana ibikorwa by'ishyirwaho ry'agahenge
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda yegukanye umudali w’Umuringa  ku munsi wa nyuma w’arushanwa yo guhashya iterabwoba azwi nka ‘UAE SWAT Challenge 2026’.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, butangaza ko bugiye gutangira kubaka uruganda rutunganya intanga ' Azote' kugira ngo aborozi babone icyororo cy'inka zitanga umukamo .
Kuryama ni kimwe mu bintu bituma umubiri n’ubwonko by’umuntu biruhuka ndetse buri wese ajya kurambika umusaya ashaka kubyuka afite imbaraga n’imbaduko zituma yongera gukora imirimo ye neza.
Umuhanzi Chris Eazy yashyize hanze indirimbo y'urukundo yise “Chocolate”, nyuma y'iminsi yari amaze ayirarikira abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga
Ngabo Roben wari ushinzwe itangazamakuru n’itumanaho muri Rayon Sports, yavuze ko impamvu yatumye atandukana n'iyi kipe yari amazemo imyaka itandatu, ari uko atahuje n'ubuyobozi buriho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yitabiriye Inama ya 48 isanzwe y’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ihuza Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byinyamuryango
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryakiriye ubusabe 688 bw’abatoza bujuje ibisabwa, bifuza gutoza Ikipe y’Igihugu y’Amavubi
NAEB yatangaje ko ibicuruzwa byoherejwe mu mahanga hagati y’itariki 2-6 Gashyantare 2026 byinjirije u Rwanda arenga miliyoni 13 $ ni ukuvuga akabakaba miliyari 20 Frw.
Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa yakiriye indahiro ya Musonera Gaspard, uherutse kugirwa Komiseri muri Komisiyo y'Igihugu y'Amatora