Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, yaregewe urukiko.
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yashyizeho amabwiriza agenga Inteko y'abaturage aho kuri ubu igiye kujya iterana kabiri mu kwezi.
Itsinda ry'abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Gisubizo Ministry ryashyize hanze indirimbo nshya bakoranye n'umuhanzi The Ben bise 'Nabaye umwe n’Imana'
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwaburiye abantu biyitirira uru rwego , bakaniyitirira ibikorwa by'imenyekanisha ikirango cy'ubukererarugendo cya VIsit Rwanda, bagamije inyungu zabo bwite cyangwa amafaranga mu buryo butemewe
Guverinoma y’u Rwanda igiye kujyana Leta y’u Bwongereza mu nkiko mpuzamahanga, aho ishinja iki gihugu kutubahiriza amasezerano byagiranye ajyanye no kwakira impunzi n’abimukira binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko
Umuhanzikazi Bwiza Emerance yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka Isi yise 'Bwiza Home World Tour'
Ikigo Gishinzwe Amazi Isuku n'lsukura (WASAC Group) cyatangaje ko hari serivisi zayo zirimo n’izo gusaba amazi zigiye kujya zitangirwa ku rubuga rwa Irembo
Nyaminga w'u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomie yasangije ubutumwa bwihanangiriza abakoresha imbuga nkoranyambaga bamwibasira ku buzima bwe bwite bamubaza impamvu atarabyara
Ku kicaro gikuru cy'Ingabo z'u Rwanda, ku wa 26 Mutarama 2026, habaye umuhango w'ihererekanyabubasha aho Brigadier General Godfrey Gasana yashyikirije ku mugaragaro Col Dan Gatsinzi inshingano z'Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere.