IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yibukije abayobozi ko bakwiye kumenya neza ibibazo abaturage bahura nabyo no kubikemura ku gihe, by'umwihariko nk'urwego rw'ubuhinzi rukunze guhura n'ibibazo kandi rufatiye runini abaturage
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yatangaje ko inzego z’ibanze zazamuye ingengo y’imari zikusanyirije, aho yageze kuri miliyari zisaga 98 Frw mu 2025
Abayobozi b’inzego bwite za Leta n'abo mu nzego zegerejwe abaturage bateraniye mu nama iri kubera mu  ishuri rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda riri i Gako mu Karere ka Bugesera
Umuhanda munini uhuza Muhanga – Ngororero – Mukamira wafunzwe by’agateganyo, bitewe n’imvura nyinshi yaguye ikawangiza
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, batangiye kugera mu mwiherero guhera ku Cyumweru, kuri hoteli ya FERWAFA iherereye i Remera, mu rwego rwo kwitegura neza imikino ya FIFA Series 2026 iteganyijwe kubera mu Rwanda
Ikipe ya Gasogi United yatewe mpaga inacibwa amande kubera kutitabira umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wagombaga kuyihuza na Rayon Sports FC kuri iki cyumweru saa yine (22:00) muri stade Amahoro.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, ikina Shampiyona y'u Rwanda, yasezerewe na RS Berkane yo muri Maroc muri ¼ cya CAF Champions League ku giteranyo cy'ibitego 2-1 mu mikino yombi.
Ikipe ya Police FC ikomeje kugira umusaruro nkene  nyuma yo kugwa miswi igitego 1-1 na Etincelle FC yongera gushimangira ko kuyizera bisaba umutima ukomeye.