Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko mu myaka itanu ishize, bwagabanyije ikibazo cy'igwingira mu bana aho kuri ubu rigeze kuri 32.7%.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje  ko ibigo bikora Ibaruramari mu Rwanda byinjije Miliyari 16,315Frw mu mwaka wa 2024 avuye kuri Miliyari 3,830 Frw mu 2014.
Mu rwego rwo guha icyubahiro no gushimira umusanzu udasanzwe w'abantu bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, bamwe mu banyacyubahiro n'abayobozi bakuru bahawe impamyabumenyi z’ikirenga z'icyubahiro na Kaminuza Mpuzamahanga zitandukanye
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko mu 2025, abantu 3,227 barumwe n’imbwa hirya no hino mu gihugu. Ni mu gihe bane bishwe n'ibisazi by'imbwa .
Tuyishime Jean Baptiste wo mu Murenge wa murenge wa Kanama , mu karere ka Rubavu, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye.
Uko Isi yiruka n'Iterambere ry'Ikoranabuhanga, ni nako urubyiruko na rwo rwadukana imico n'imyifatire itandukanye.
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, ku wa 25 Mutarama 2026, yagize Brig. Gen. Geofrey Gasana Umupilote wa Perezida n’Umujyanama wa Minisitiri w’Ingabo n’Umugaba w’Ingabo ku ngingo zirebana n’Ingabo zirwanira mu Kirere. 
Mu muhanda Musanze-Kigali habereye impanuka ikomeye y’imodoka y’ikamyo yagonze imodoka itwara abagenzi ‘coaster’, ihitana umushoferi abandi barakomereka.
Abaturage biganjemo abari mu za bukuru bo mu kagari ka Nyirangarama mu murenge wa Bushoki wo mu karere ka Rulindo, bavuga ko impinduka zituruka ku gikorwa cya siporo ya buri wa gatandatu bitangirije iwabo mu giturage zimaze kugaragara dore ko abenshi bakize indwara zirimo umuvuduko w’amaraso.