Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko adasobanukirwa neza impamvu ituma umubare w’abashakanye batandukana ukomeza kwiyongera mu rubyiruko
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda w’u Rwanda, Prudence Sebahizi, yagiranye ibiganiro na Minisitiri ushinzwe ishoramari muri Leta ya Pakistan, Qaiser Ahmed Sheikh, bigamije kuzamura ubukungu no guteza imbere urwego rw'abikorera bo mu bihugu byombi
Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na MTN Rwanda, basinye amasezerano agamije guteza imbere ubumenyi bw’ikoranabuhanga mu burezi no guha urubyiruko ubumenyi bukenewe ku isoko ry’umurimo rigezweho
Umukinnyi wa Filime, akaba n'Umunyamideli ukomoka muri Nigeria, Temiloluwa Elizabeth Otedola washakanye n'umuhanzi Mr Eazzi, yasangije inkuru y'uburyo yisanze mu rukundo n'u Rwanda yari asuye bwa mbere
Madamu Jeannette Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro na Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi n’Ubuzima Rusange, UGHE, ashimirwa umusanzu n’ubudashyikirwa yagaragaje mu kwita ku baturage, guteza imbere uburezi no kugeza ubuvuzi kuri bose
Ubushakashatsi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, ku miterere y’umurimo mu Rwanda bwagaragaje ko igipimo cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda cyagabanutse ku kigero 14.1% mu gihembwe cya kane cya 2025, kivuye kuri 18.0% cyariho mu gihembwe nk’icyo cy’umwaka wa 2024
U Rwanda rwakiriye icyiciro cya mbere cy’ibimasa 10 byo mu bwoko bwa Holstein-Friesian, bizwiho gutanga intanga zitanga icyororo hagamijwe kubona inka zitanga umukamo mwinshi
Ese uribuka igihe wari mu rukundo ukuntu ubwa wa muhanzi wari warahenganye uruhu n'uruhande? Ariko iby'abubu bo byarahindutse, hari ubwo ibyari urukundo bibabera umuravumba kubera isaba ry'amafaranga rya hato na hato
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko Shema Arnould uzwi cyane nka DJ Toxxyk afungwa iminsi 30 y’agateganyo, ruvuga ko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha bitatu muri bine akurikiranyweho