Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye Afurika kongera ubushobozi n’amikoro byo gukemura amakimbirane yayo, aho gukomeza kwishingikiriza ku bafatanyabikorwa bo hanze.
Mokgweetsi Eric Keabetswe Masisi wahoze ari Perezida wa Botswana, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ba Ofisiye bakuru, abato n’abandi bo mu nzego zitandukanye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Urwego rushinzwe Igorora (RCS), barangije amahugurwa ya gisirikare yari amaze amezi atanu abera mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare i Gabiro.
Urwego rutegura Shampiyona y'Icyiciro cya Mbere mu Bagabo, Rwanda Premier League, rwatangaje ko inkunga izagenerwa amakipe azakina BK Pro League 2026/2027 izagera kuri miliyoni 31 Frw, ivuye kuri miliyoni 10 Frw isanzweho.
Umujyi wa Kigali  watangaje ko mu ntangiriro za 2027 hazatangira umushinga munini wo gutuza abaturage no guteza imbere imiturire mu Kagari ka Kagugu, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, aho imiryango 716 izubakirwa amazu agezweho n’ibikorwaremezo byunganira imibereho yabo.
Kimwe mu bintu bisigaye byitabwaho n’abitabira ibirori n’ibitaramo bitandukane ni imyambarire aho buri wese uretse kujya kwihera ijisho umuhanzi akunda no kuryoherwa n’umuziki, imyambarire nayo ni kimwe mu byitabwaho cyane muri iyi minsi.
Perezida wa Türkiye, Recep Tayyip Erdoğan, yagiranye ikiganiro na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, baganira ku mubano w’ibihugu byombi ndetse n’ibibazo by’umutekano bikomeje kugaragara mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu REG, cyatangaje ko imirimo yo kubaka urugomero rwa Nyabarongo II irimbanyije aho igeze ku kigero cya 75%.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’Ibikomoka ku buhinzi n’Ubworozi NAEB n’abandi bafatanyabikorwa bahembye ikawa 25 zahize izindi mu marushanwa y’ubwiza bw’ikawa y’u Rwanda ya 2026.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 27 Kanama 2026 Perezida Paul Kagame yakiriye  abayobozi babiri barimo  Sahr Kpundeh usoje inshingano zo guhagararira Banki y’Isi mu Rwanda na  Julie Crowley usoje izo guhagararira Canada bagirana ibiganiro.