Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima. Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima. Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye barimo Innocent Munyengango na Gatarayiha Francois Regis bari bafite ipeti rya Colonel ubu bakaba bagizwe ba Général de Brigade.
Perezida Kagame yavuze uburyo Perezida w'uburundi,Ndayishimiye Evaliste , yamuhakaniye ko nta ngabo zoherejwe i Goma muri Kivu y'Amajyaruguru , atangaza ko amahanga akomeje kwegeka ibibazo bya Congo ku Rwanda.
U Rwanda rwamenyesheje Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi (UNSC), ko rwiteguye kwakira neza Félicien Kabuga n'Abanyarwanda batandatu bacumbikiwe muri Niger mu gihe baba babyifuza.
Rubavu : Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Ukuboza 2025, ku mupaka wa La Corniche (OSBP), abanyarwanda 337 babaga muri RDCongo batahutse.
Umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri “Animateur” mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Ubutatu butagatifu (Saint Trinité de Ruhango) yatawe muri yombi n'Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB , akekweho gusambanya abana babiri b’abakobwa biga muri iki kigo.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane w'u Rwanda ,Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda atari rwo rubazwa ibyo kwica agahenge ahubwo FDLR n'ingabo z'u Burundi bifite umugambi wo guhungabanya umutekano warwo.
Maniriho faustin wo mu karere ka Rwamagana n'abagabo babiri aribo Kwizera Dieu Donne na Saleh Ali Manishimwe, bareganwa, baburanishijwe mu ruhame, mu nteko z'abaturage, baregwa kugira uruhare mu rupfu rw'umugore we witwa Murekatete Jacqueline.
Umuyobozi w'Akarere ka Rusizi, SINDAYIHEBA Phanuel yatangaje ko mu karere ka Rusizi by'umwihariko ibice bya Bugarama n'umupaka waho, umutekano umeze neza nyuma y'uko humvikanye urusaku rw'imbunda ziremereye zavugiraga muri RDCongo.
Ubuyobozi bw'Itorero rya ADEPR bwatangaje ko muteganya kwicarira ikibazo cy'abantu batanze imigabane mu kigega CICO Ltd (Christian Investment Corporation Ltd), cyari kigamije guteza imbere abagize iri torero, hakarebwa uburyo abatanzemo imigabane bayisubizwa.