Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Colonel Deo Mutabazi, yasabye ibihugu bigira uruhare mu butumwa bwo kubungabunga amahoro gushyira imbere gushaka ibisubizo birambye byafasha kunoza imirimo y'abajya mu butumwa bw'amahoro
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) n’Ikigo Nyafurika gikora ibijyanye no gukonjesha imiti, inkingo n’ibiribwa (ACES Cooling Solutions), byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije guteza imbere umutekano w’inkingo n’uburyo burambye bwo kubungabunga imiti n’ibiribwa mu Rwanda
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yasabye abayobozi b’Uturere tugize iyi Ntara n’izindi nzego bakorana kurwanya ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko, bujya buteza ibibazo birimo no gutwara ubuzima bw'abantu
Sosiyete y’Indege ya RwandAir yatangaje ko ibihu byinshi mu kirere byatumye hatagaragara neza bityo zimwe mu ngendo zari ziteganyijwe zigijwe inyuma
Umunyarwandakazi Edda Mukabagwiza, wigeze kuba mu nzego zitandukanye muri Politiki y'u Rwanda, ayoboye itsinda ry’indorerezi rigizwe nabagera kuri 61 boherejwe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu gukurikirana ibikorwa by’amatora y’Umukuru w’Igihugu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yanenze raporo iherutse gutangazwa, n’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yibasira umutwe wa AFC/M23 n'u Rwanda.
Inama y’Ubuyobozi y’Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) yagize KAREKEZI Ngabonziza (Eric) Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi bw’Ibanze, REB, cyatangiye gutanga mudasobwa ibihumbi 15 ku bigo by'amashuri 483