Amakuru

Umwaka wa 2025 wahamirije u Rwanda ko rumaze kuba igicumbi cy’iterambere ndetse rukaba ahantu hibonwamo n'abaturutse impande zose z'Isi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Uwituze Solange yasabye abahinzi bashoje amahugurwa yo guhugura abandi ku mikorere inoze y'ubuhinzi, kubafasha gukora ubuhinzi mu buryo bugezweho hagamijwe kongera umusaruro n'inyungu bakuramo
Mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, abantu bane bitabye Imana hakekwa inzoga banywereye mu bukwe, bikekwa ko yari ihumanye, abandi bajyanwa mu bitaro .
Umujyi wa Kigali watangarije abaturage ahantu hazaturikirizwa ibishashi byo kwishimira umwaka mushya wa 2026.
Stella Rusine Nteziryayo yahererekanyije ububasha na Kampeta Pitchette Sayinzoga yasimbuye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Banki y'Amajyambere y'u Rwanda, BRD.
Abakirisitu, abepisikopi batandukanye n'abandi bo mu muryango wa Padiri Rwasa Chrysante bamusezeyeho bwa nyuma .
Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko, FFRP, Depite Uwizeye Marie Thérèse, yashimye ubuyobozi bw’Igihugu burangajwe imbere na Perezida Paul Kagame, ku bw’amahitamo bwakoze yo guteza imbere ihame ry’uburinganire no kuryinjiza muri politiki y’Igihugu
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ushinzwe amategeko no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma, Uwineza Beline, yerekanye impamvu zitera amakimbirane mu ngo zirimo kutumvikana ku micungire y’umutungo, ubusinzi, ubuharike n’ibindi, bikwiye kwitabwaho mu kubaka umuryango utekanye
Leta y’u Rwanda yasabye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) gushyigikira amasezerano agamije kugarura amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka