Amakuru

Uruganda rwa Inyange rutunganya amata y’ifu ruherereye mu Karere ka Nyagatare (Inyange Milk Powder Plant) rwatangaje ko rwatangiye gucuruza amata ari mu ngano nto, iri ku giciro gito nyuma yo kubisabwa n’abantu batandukanye
Umuyobozi wa Authentic Word Ministries /Zion Temple Celebration Centre, Dr Apôtre Paul Gitwaza, yizihije imyaka 30 amaze yinjiye mu murimo w’ivugabutumwa.
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora,RCS, rwatangaje ko hagiye kujya hakoreshwa uburyo bwa Momo Pay mu gusura abagororwa.
Kuri uyu wa 1Ukwakira 2025,  Umuryango FPR Inkotanyi wifurije Abanyarwanda umunsi mwiza wo gukunda Igihugu, abasaba kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.
Mu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.
Ikigo cy’Imisoro n'Amahoro (RRA) cyerekanye ibitenge 1200 bifite agaciro ka miliyoni 18 Frw, byinjijwe mu gihugu binyuze mu nzira zitemewe.
oseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo imyaka 18,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwo muri iki gihugu rwamukatiye igihano cyo kwicwa nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorana n’umutwe wa AFC/M23.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Jenerali MK Mubarakh, yakiriye itsinda rigizwe n’abasirikare n’abarimu 27 baturutse mu Ishuri rya Gisirikare rya Zambia, bari mu ruzinduko rwo kwigira ku Rwanda