Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Dr. Manirakiza Benjamin usanzwe ari umwarimu muri Kaminuza, na UMUHOZA Hamida , INEZA Fidella , Mucyo Vanessa , bafungwa by'agateganyo bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa n'icyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina.