Amakuru

Perezida Duma yashimangiye ko u Rwanda na Botswana bikwiye kwihutisha iterambere

Abarenga ibihumbi 70 bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bamaze gufungurwa

Perezida Kagame yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Botswana urenze ubucuti

Karongi:RIB yafunze abakekwaho kunyereza umutungo usaga miliyoni 226

Ingabo z’u Rwanda zigize batayo ya 13 (RWABATT13) yoherejwe mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), zahawe umudali w’ishimwe na Perezida w'icyo gihugu akaba n'Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo, Prof. Faustin Archange Touadéra
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. Kalinda François‑Xavier, ari i Genève mu Busuwisi aho ahagarariye u Rwanda mu Nama Mpuzamahanga y’Abaperezida b’Inteko Ishinga Amategeko, ibaye ku nshuro ya gatandatu
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera Ambasaderi Gao Wenqi, guhagararira igihugu cy'Ubushinwa mu Rwanda
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kwimakaza indangagaciro zirimo ubutwari, ubupfura, ubunyangamugayo, ubumwe n’ishema ryo gukunda igihugu
Abasenateri ba Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere bari mu gikorwa cyo kugenzura uko imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda yubahiriza amategeko mu mikorere yayo
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zakoze umuhango wo gusezerera ku mugaragaro bamwe mu basirikare bagiye mu cyiruhuko cy'izabukuru ndetse n’abandi basoje amasezerano yabo y’akazi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imikorere y’inzego z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), yatangaje ko yinjiye mu kibazo gikomeje kwisubiramo mu mitangire ya serivisi za MTN
Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (RHA), yahagaritse by’agateganyo itangwa ry’ibyangombwa byo kubaka ku butaka bugengwa n’amabwiriza yihariye y’imikoreshereze y’ubutaka n’imyubakire

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka