Umuryango wa Afurika y'Uburasirazuba (EAC), ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bo mu karere, wifatanyije n'abanyarwanda n'Isi yose kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi, mu gikorwa cyabereye i Arusha muri Tanzania.
Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa Abanyarwanda n’isi yose ko Jenoside itabaye igikorwa cyabaye gitunguranye, ahubwo ko yari umugambi wateguwe igihe kirekire kandi ugashyirwa mu bikorwa mu buryo bugaragara
Ubuyobozi bw'akarere ka Nyanza bwemereye UMUNOTA ko abaganga bakekwaho guha serivisi mbi umuturage agapfa batawe muri yombi bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Busasamana mu karere ka Nyanza uko ari babiri.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga