Amakuru

Raporo ya Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya leta umutwe w’Abadepite yaragaje impungenge ku Turere tumwe tutararenga 10% mu gukoresha ingengo y’imari twagenewe nyamara hari utundi twagejeje hejuru ya 60%
Umunyamakuru Gloria Mukamabano , wari umaze imyaka icyenda mu Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA),  yasezeye.
Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yatangaje ko kuba muri Repubulika Iharanira Demokarsi ya Congo harakunze kurangwa n'ikibazo cy'umutekano mucye by'umwihariko mu mujyi wa Goma, uhana imbi n'u Rwanda, byadindije ifungurwa ry'ikibuga cy'indege cya Gisenyi .
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi n'imigeri, yatawe muri yombi .
Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye bw’ingabo n’abaturage (J9) mu Ingabo z’u Rwanda, Col Désiré Migambi Mungamba, yashishikarije abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru ry'Imyuga n'Ubumenyingiro rya Tumba, gukoresha ubumenyi bafite mu ikoranabuhanga mu guteza imbere igihugu
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi 25 b'ibigo n'imiryango itandukanye ku Isi, baganira ku rugendo rw’iterambere ry’u Rwanda mu myaka irenga 23 ishize
Kwikinisha ni igikorwa abagore cyangwa abagabo bakora bagamije kugira ibyiyumviro ndetse n’ibyishimo nk’iby'umuntu uri gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo badahuje igitsina yumva, ku buryo bamwe babisimbuza kuryamana n’abo bashakanye
Abakozi bakora ibiraka mu Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), abazwi nka banyakabyizi barasaba ko bishyurwa ibirarane by’amezi atatu baberewemo, aho kuri ubu batorohewe n’ubuzima

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka