Abagande batandatu batawe muri yombi ndetse bategerejwe gushyikirizwa urukiko kuri uyu wa 23 Werurwe 2026, bakurikiranyweho uruhare mu mugambi w’uburiganya bwifashishije ikoranabuhanga bwambukiranya imipaka, bwibasiye Banki ya Equity mu Rwanda
Abanyamuryango b’umuryango wa FPR Inkotanyi, mu murenge wa Rubavu bihaye intego yo guhashya magendu yabaye karande muri aka gace gahana urubibi na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
Abayobozi b’inzego bwite za Leta n'abo mu nzego zegerejwe abaturage bateraniye mu nama iri kubera mu ishuri rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda riri i Gako mu Karere ka Bugesera
Akarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba kaje ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2024–2025, kagira amanota 77.2%, nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga