ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw' amahoro (RWABGVIII) zikorera muri MINUSCA, i Bria muri Repubulika ya Centrafrique, uyu munsi zifatanyije n’izindi ngabo zo mu bindi bihugu ziri mu butumwa bw’amahoro hamwe n’abaturage bo mu Mujyi wa Bria kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore wa 2026.