Amakuru

Abadepite batangiye ingendo rusange mu turere twose tw’Igihugu bagamije gusura abaturage no kureba ibikorwa byo kongera umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo byatoranyijwe ndetse n’ibihingwa ngengabukungu bya kawa n’icyayi
Imyaka 25 irashize Polisi y’u Rwanda ishinzwe. Muri urwo rugendo hakozwe ibikorwa  bitandukanye bijyanye no gucunga umutekano w’abaturarwanda ndetse byarenze ku gucunga uw’imbere mu gihugu kuri ubu polisi y’u Rwanda yitabazwa no kuwucunga mu bindi bihugu byo hanze.
Abatuye mu kagali ka Kanyangese umurenge wa Rugarama w'akarere ka Gatsibo bavuga ko itsinda ry'insoresore ziyita imparata zibabangamiye, kuko zirara mu myaka yabo maze zikayangiza zicukuramo amabuye.
Ku munsi nk’uyu tariki ya 28 Gicurasi 1994, Radiyo Mpuzamahanga y’Abafransa (RFI) yatangaje ko abagize Guverinoma y’Abatabazi bavuye i Gitarama, bahungira ku Kibuye mu gihe Abatutsi bari bakomeje kwicwa urw’agashinyaguro hirya no hino mu gihugu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n’Abanya-Suède baba mu Rwanda mu birori byo kwizihiza Umunsi w’Igihugu cya Suède
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yahamagaye abakinnyi 24 azifashisha mu mikino Mpuzamahanga ya gicuti muri Kamena 2026, harimo n'uwakiniye Manchester United
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatanze ipeti rya AIP [Assistant Inspector of Police] ku ba polisi 436 binjijwe muri Polisi y'u Rwanda, barimo abari basanzwe ari abapolisi bongerewe ubumenyi ndetse n’abandi bashya binjiye muri Polisi y’Igihugu