Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kugeza mu 2029 iteganya kugabanya ku kigero cya 50% ibirarane by'imanza zandindiriye mu nkiko
Abaturage 15 bo mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo bajyanywe kwa muganga nyuma yo kunywa umutobe bikekwa ko wari wahumanyijwe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n'Ubutwererane w’u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe, yihanganishije umuryango wa Amb. Dr. Aisa Kirabo Kacyira witabye Imana
Abasirikare b’u Rwanda bagize batayo ya RWABAT-2 bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, MINUSCA, bahawe imidali ya Loni bashimirwa uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro no kugarura ituze muri iki gihugu
Dr. Aisa Kirabo Kacyira wayoboraga Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gutanga ubufasha muri Somalia (UNSOS), yitabye Imana azize uburwayi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimye Akarere ka Nyaruguru kaje ku isonga mu gutanga neza serivisi z’irangamimerere mu mwaka wa 2024/2025
Urwego rw’Abikorera mu Rwanda, PSF, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bari gukora ubugenzuzi ku bucuruzi bw'akajagari , banasaba abakora ubucuruzi kubukora byemewe n’amategeko, babanje kubwandikisha
Ihuriro ry’Umutwe urwanya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, AFC/M23 ryatabaje Umuryango Mpuzamahanga uvuga ko ubutegetsi bwa Congo buri gutegura bucece intambara yeruye
Umujyi wa Rubavu nk'umwe mu yegereye umupaka uzakomeza gutezwa imbere wunganire Kigali, binyuze mu kuvugurura ibikorwa remezo, guteza imbere ubukerarugendo no kuzamura ubucuruzi