Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n'Isukura (WASAC Group) bwatangaje ko abafatabuguzi bacyo batuye mu Mirenge igize akarere ka Bugesera ndetse n'iyo mu karere ka Gasabo na Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe , biteganyijwe bataza kubona amazi nk'uko bari basanzwe bayabona .
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, Jean-Guy K. Afrika, yakiriye Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Mansoor Ali Al-Hajri, aho baganiriye ku ngingo zinyuranye zishingiye ku bufatanye ibihugu byombi bisanzwe bifitanye.
Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Bugesera, Lt Col Augustin Murigande, yihanangirije abajura b’ahitwa Nyakondo mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama, bazengereje abaturage babiba.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga