Amakuru

Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Karidinali Kambanda yageneye ubutumwa bwihariye Papa Léon ku munsi we w’amavuko, amusabira kugira ubwenge n’inema yo kuyobora Kiliziya ye mu kwizera n'urukundo
Perezida w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yibukije abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bagiye koherezwa mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, ko bakwiye kurangwa n'umurava n'ikinyabupfura byaranze ababanjirije
Polisi y’Igihugu , yaburiye abantu bose banywa inzoga, bakarenza urugero, ivuga ko bene iyo myitwarire idakwiriye.
Abasore n’inkumi ba Polisi y’Igihugu, basoje icyiciro cya 3/25 cy’amahugurwa y’Ibanze yihariye ahabwa abapolisi((Basic Police Special Forces Course).
Polisi y’u Rwanda yerekanye itsinda ry’abasore batatu bafashwe amashusho batema umugore wo mu Murenge wa Nyarugenge mu Kagari ka Rwampara mu mujyi wa Kigali.
Polisi y’Igihugu, yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batatu bagaragaye mu mashusho, bakubita , bakanakomeretsa umugore.
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'Ihuriro rya AFC/M23 basinye amasezerano yo guhererekanya imfungwa nk'intambwe mu guhosha umwuka mubi uri hagati y'impande zombi
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangije gahunda yo kugaragaza imishinga y’ibikorwa bitangiza ibidukikije bikwiye gushorwamo imari mu Rwanda yiswe ‘Rwanda Green Taxonomy
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi ubusabe bw’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bwasabye ko Ingabire Victoire afungurwa
Inama y’Abaminisitiri bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba bashinzwe Uburezi,  yanzuye ko hanozwa politiki yo guhuza gahunda y’Uburezi aho impamyabumenyi yatanzwe na kaminuza yemewe yakwemerwa mu bihugu bigize umuryango wa EAC.