Nta kabuza u Rwanda rumaze kwandika amateka mu ruhando rw'imyidagaduro muri Afurika, ibi byongeye gusinywa n'igitaramo cy'umuriro umuraperikazi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Doja Cat yakoreye mu mujyi wa Kigali
Sosiyete nyarwanda y'ubwikorezi bwo mu kirere, Rwandair, yatangaje ko igiye gusubukira ingendo zayo ziva ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe zerekeza i Kamembe mu karere ka Rusizi.
Mu misozi ya Uvira mu Majyepfo y’intara ya Kivu y’Amajyepfo hongeye kumvikana imirwano hagati y'Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC, n'ihuriro ry'ingabo za AFC/M23
Ingabo za Jamaica zashimiye Ingabo z’u Rwanda byimazeyo ku bw’ubutabazi zahaye iki gihugu cyo mu Majyaruguru ya Amerika nyuma yo kwibasirwa bikomeye n’inkubi y’umuyaga yiswe Melissa.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga