Ubuyobozi bwa Pariki y'Igihugu ya Nyungwe, butangaza ko amafaranga asaga miliyari 1.2 frw, yavuye mu bukerarugendo, azifashishwa mu gutera inkunga imishinga itandatu yo mu turere twegereye iyi pariki binyuze muri gahunda yo gusangira umusaruro wa pariki n'abayituriye.
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ko umushinga wa Biogaz yifashishwa mu guteka utatanze umusaruro nkuko byari biteganyijwe gusa ivuga ko hatangijwe indi gahunda yo kongera kuwugerageza bityo bizeye ko uzatanga umusaruro.
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw'ibidukikije ari inzira yo guharanira kugera ku mahoro n’ubukire birambye
Parike y'Akagera, iherereye mu Burasirazuba bw'u Rwanda, yashyizwe ku rutonde rw'ahantu 25 h'ingenzi ku Isi ho gusura mu mwaka wa 2026, nk’uko byatangajwe n'ikinyamakuru National Geographic
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga