Imikino

Ikipe ya Rayon Sports itsinzwe na Singida Black Star yo mu gihugu cya Tanzania igitego 1-0, mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yabujije ikipe yayo kwitabira shampiyona y'Isi y'Amagare iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda.
Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yagiranye ibiganiro na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino
Minisitiri wa Siporo,Nelly Mukazayire yasabye Abanyarwanda kuza ku bwinshi kwakira ibirori by’amateka bya   Shampiyona y’Isi y’Amagare bigiye kubera mu Mujyi wa Kigali , mu Rwandano muri Afurika muri rusange
Urwego Rushinzwe Gutegura shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu bagabo, Rwanda Premier League, rwatangiye gutanga ibihembo ruherye ku mufana.