Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko ubwo hakinwaga agace ka mbere kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, habaye impanuka ikomeye ubwo isiganwa ryari rigeze mu gace ka Gabiro, mu karere ka Kayonza, abantu babiri bahita bitaba Imana, abandi batandatu barakomereka.