Imikino

Ikipe ya Police HC yateye intambwe igana ku gikombe cya Shampiyona y'u Rwanda ya Handball mu bagabo nyuma yo gutsinda APR HC ibitego 34-28.
Umukinnyi ukiri muto ukina asatira izamu, Muhoza Daniel yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Rayon Sports avuye muri Etoile de l'Est yakiniraga nyuma yo kuyifasha kuzamuka mu cyiciro cya mbere.
Minisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly, yasuye Ikipe y'Igihugu y'Abagabo muri Basketball iri mu myiteguro ya nyuma y'imikino y'amajonjora y'Igikombe cy'Isi cya 2027
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Kamena 2026 nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko umunsi ngarukamwaka isanzwe itegura uzwi nk'umunsi w'Igikundiro cyangwa Rayon Day uzaba tariki 18 Nyakanga 2026 muri Sitade Amahoro.
Mu Ntara y'Uburasirazuba ku mucanga w'inkengero z'ikiyaga cya Muhazi kuri Falcon Golf & Country Club hagiye gutangira gukinirwa igice cya kabiri (Round 2) cya Shampiyona y'Igihugu ya Volleyball yo ku mucanga (Beach Volleyball)
Perezida w'inzibacyuho wa Association Rayon Sports, Murenzi Abdallah yavuze ko iyi kipe yifuza kugura abakinnyi bashya barimo umuzamu, umukinnyi wo mu kibuga hagati w'umunyamahanga ndetse na rutahizamu ukomeye
Ikipe ya APR FC yatangaje rutahizamu Uwiyaremye Fidali nk'umukinnyi wayo mushya, aho avuye mu ikipe ya Kiyovu Sports
Ikipe ya Rayon Sports yasinyanye amasezerano mashya y'umwaka umwe n'uruganda rwenga ibinyobwa rwa Skol, nyuma y'uko amasezerano impande zombi zari zifitanye arangiye nyuma y'imyaka 12