Imikino

APR FC yanyagiye Mukura Victory Sports, iteguza umukeba kurya ari menge

Volleyball: Amakipe y’u Rwanda yacanye umucyo mu mikino y’umunsi wa kabiri wa Shampiyona Nyafurika

Amateka aranditswe! Rwanda Premier League yasinyiye akayabo

FERWAFA yahagaritse by’agateganyo 2 baketsweho ruswa no gukoresha amarozi

Umunya-Espagne, Ostiz Taco Paula yegukanye umudali wa Zahabu mu Bangavu basiganwa mu muhanda ku munsi wa karindwi wa Shampiyona y'Isi y'Amagare
Umunya Slovenia Tadej Pogačar yavuze ko kuba Remco Evenepoel yaramuciyeho agatsinda irushanwa , nawe byari nko kwihorera ku byamubayeho muri Tour de France ubwo yafatiwe na Jonas Vingegaard ku musozi mu gusiganwa ku gihe (TT).
Abantu batandukanye bacitse ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kubona umukobwa wambaye umwenda w’umuryango utabra imbabare ( Croix Rouge) agaragara asa nk’uha nimero ya telefoni umukinnyi witabiriye shampiyona y’Isi y’Amagare.
David Lapartient yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry'Umukino w'Amagare ku Isi (Union Cycliste Internationale ,UCI) ku nshuro ya gatatu yikurikiranya kuva 2017.
Umufaransa Gery Celia yegukanye gusiganwa mu muhanda 'Road race' mu bakobwa batarengeje imyaka 23, muri Shampiyona y'Isi y'Amagare
Ababyeyi ba Nirere Xaverine, uri mu ikipe y’u Rwanda iri gukina shampiyona y’Isi y’amagare, barishimira uburyo umukobwa wabo ari kwitwara muri iyi shampiyona ndetse ko ari  guhesha ishema igihugu.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania,Gen. Patrick NYAMVUMBA, yasuye ikipe ya Rayon Sports iri muri iki gihugu, aho iri gukorera umwiherero yitegura gukina na Sindgida Black Stars abibutsa ko kuyisezerera bigishoka.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka