Imikino

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania,Gen. Patrick NYAMVUMBA, yasuye ikipe ya Rayon Sports iri muri iki gihugu, aho iri gukorera umwiherero yitegura gukina na Sindgida Black Stars abibutsa ko kuyisezerera bigishoka.
Ikipe ya Australia yegukanye gusiganwa n'igihe kw'amakipe ku munsi wa kane wa Shampiyona y'Isi y'Amagare, irusha u Rwanda iminota 8 n'amasegonda 38
Ubuyobozi w'ikipe ya Gasogi United, bwatangaje ko bugeneye intebe y'icyubahiro (VVIP) nk'igimbo cyo kutaboneka mu kibuga Kwa Ndikumana Asumani wa Rayon Sports, utazabasha gukina umukino uzabahuza.
Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umukino w'Amagare (FERWACY) ryatangaje ko ryiteguye gufasha Nsengimana Jean Bosco,watwaye isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda, ariko nyuma aza kuva mu mukino w’amagare.
Ku cyumweru tariki 21 Nzeri 2025 nibwo i Kigali mu Rwanda hatangiye Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , rikaba ari irushanwa ribereye ku mugabane wa Afurika ku nshuro ya mbere mu myaka 103 rimaze ribayeho.
Soderqvist Jakob ukomoka muri Sweden yegukanye gusiganwa n'igihe mu bahungu batarengeje imyaka 23 y'amavuko, mu isiganwa ry'umunsi wa kabiri wa Shampiyona y'Isi y'Amagare.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20, yatsinzwe na Nigeria igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi.